HomeUbworoziNgoma:Bamwe bafashwe abandi baracyashakishwa ! Icyo polisi ivuga kubatemye inka

Ngoma:Bamwe bafashwe abandi baracyashakishwa ! Icyo polisi ivuga kubatemye inka

Published on

spot_img

Polisi y’u Rwanda yagaragaje ko abatemye inka mu Karere ka Ngoma bakomeje gukurikiranwa ndetse ko bamwe muri bo bamaze gufatwa bategereje kuryozwa ibyo bakoze.

Ni mu butumwa banyujije ku mbuga nkoranyambaga zabo (X), aho bagize bati:”Muraho, ibi byabaye mu ijoro ryakeye kandi twatangiye kubikurikirana ndetse n’abakekwa batatu bamaze gufatwa bakaba bafungiye kuri Sitasiyo ya Polisi ya Jarama mu gihe iperereza rigikomeje.Murakoze”.

Amakuru avuga ko hatemwe inka 6 z’umuturage wo mu Murenge wa Jarama , Akagari ka Kigoma, Umudugudu wa Cyurusambu ho mu Karere ka Ngoma, zikaba zatemwe mu ijoro zimwe zirapfa ndetse banazikata bimwe mu bice byazo barabitwara.

Uwatemewe izi nka akaba yitwa Nahimana Innocent usanzwe ari umworozi ufite urwuri rwirawemo n’abatari bamenyekana. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Jarama Mugirwanake Charles yavuze ko aya makuru ari impamo agaragaza ko nk’Ubuyobozi bazindukiye ahabereye uru rugomo nyuma y’uko nyiri aya matungo abamenyesheje hagahita hatangira iperereza n’ababa babigizemo uruhare.

Latest articles

Le Rwanda prend les rênes des normes mondiales de l’IA lors de la réunion annuelle de l’ISO à Kigali

Le Rwanda s’apprête à jouer un rôle central dans l’élaboration de l’avenir de la...

Deux personnes sont mortes dans un accident sept autres blessées

Deux personnes ont perdu la vie et sept autres ont été blessées dans un...

Hôpital de Kibogora Introduit la Chirurgie Laparoscopique pour Améliorer les Soins Médicaux

  Dans le cadre de l’amélioration des services médicaux modernes et de la proximité des...

Sahara: La Hongrie considère que le plan d’autonomie marocain “doit être la base pour la solution

La Hongrie a réaffirmé, mercredi, par la voix de son ministre des Affaires étrangères,...

More like this

Le Rwanda prend les rênes des normes mondiales de l’IA lors de la réunion annuelle de l’ISO à Kigali

Le Rwanda s’apprête à jouer un rôle central dans l’élaboration de l’avenir de la...

Deux personnes sont mortes dans un accident sept autres blessées

Deux personnes ont perdu la vie et sept autres ont été blessées dans un...

Hôpital de Kibogora Introduit la Chirurgie Laparoscopique pour Améliorer les Soins Médicaux

  Dans le cadre de l’amélioration des services médicaux modernes et de la proximité des...