HomePoliticsPerezida wa Afurika y’ Epfo, Ramaphosa , yashyizeho icyumweru cyo kunamira abasirikare...

Perezida wa Afurika y’ Epfo, Ramaphosa , yashyizeho icyumweru cyo kunamira abasirikare baherutse gupfira muri Congo

Published on

spot_img
Perezida Ramaphosa wa Afurika Y’ Epfo, ibi yabitangarije Inteko Ishinga Amategeko y’ iki gihugu avuga ko hagomba kujyaho icyumweru cyo kunamira abasirikare baherutse gupfira muri DRC

Yagize ati” Ubu turi hano mu rwego rwo kunamira abasirikare bari mu butumwa bwo kugarura Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC’ ari na ko yasomaga amazina yabo.

Yakomeje agira ati” Nyakubahwa Perezida w’ Inteko Ishinga Amategeko,wakoze kudufasha guha icyubahiro izi Ntwari ndetse nategetse ko ibendera ry’ Igihugu rimanurwa kugeza mu cya Kabiri ,mu kubaha izi Ntwari. Bizamara icyumweru bikazatangira ku wa 07 Gashyantare 2025, mu Gitondo.

Perezida wa Afurika Y’ Epfo Cyril Ramaphosa, yavuze ko abo basirikare bari kumwe n’ abandi bo mu muryango wa SADC baburiye ubuzima mu bikorwa byo kurinda no kubungabunga uburenganzira bw’ Abanyecongo.

Uyu mu Perezida acyitsa kuri ayo magambo yo kurinda abaturage ba Congo ,abagize Inteko Ishinga Amategeko ya Afurika Y’ Epfo bazamuye amajwi bavuza induru ,na cyane ko bamaze iminsi bagaragaza ko badashyigikiye iby’ ubu butumwa bwo kurinda Amahoro muri Congo,bakabushinja kurinda inyungu za Perezida Ramaphosa n’ abandi bantu bakomeye.

Perezida Ramaphosa yakomeje agira ati” Abo basirikare nibo bafashije abo baturage kubaho mu mahoro n’ umutekano. Babuze ubuzima batarangamiye umutungo kamere cyangwa ubutaka ,ahubwo babuze ubuzima kugira ngo bacecekeshe intwaro Kuri uyu Mugabane burundu turabashimiye”.

Latest articles

Le Rwanda prend les rênes des normes mondiales de l’IA lors de la réunion annuelle de l’ISO à Kigali

Le Rwanda s’apprête à jouer un rôle central dans l’élaboration de l’avenir de la...

Deux personnes sont mortes dans un accident sept autres blessées

Deux personnes ont perdu la vie et sept autres ont été blessées dans un...

Hôpital de Kibogora Introduit la Chirurgie Laparoscopique pour Améliorer les Soins Médicaux

  Dans le cadre de l’amélioration des services médicaux modernes et de la proximité des...

Sahara: La Hongrie considère que le plan d’autonomie marocain “doit être la base pour la solution

La Hongrie a réaffirmé, mercredi, par la voix de son ministre des Affaires étrangères,...

More like this

Le Rwanda prend les rênes des normes mondiales de l’IA lors de la réunion annuelle de l’ISO à Kigali

Le Rwanda s’apprête à jouer un rôle central dans l’élaboration de l’avenir de la...

Deux personnes sont mortes dans un accident sept autres blessées

Deux personnes ont perdu la vie et sept autres ont été blessées dans un...

Hôpital de Kibogora Introduit la Chirurgie Laparoscopique pour Améliorer les Soins Médicaux

  Dans le cadre de l’amélioration des services médicaux modernes et de la proximité des...