HomeNewsUko wakwirinda Hemoroide, indwara ibabaza cyane

Uko wakwirinda Hemoroide, indwara ibabaza cyane

Published on

spot_img
Abantu benshi bakunze kurwara hemorroide ariko bitewe n’aho iyi ndwara ifata bituma benshi batavuga ko bayirwaye kandi burya ngo ushaka gukira indwara arayirata. Umuntu uwo ari we wese ashobora kurwara iyi ndwara haba ku bakiri bato cyangwa se abakuze. Niba usanzwe urwara iyi ndwara rero,ushobora kuyikira mu gihe gito cyane kandi mu buryo bworoshye.Ese ni iki gitera iyi ndwar

Hemoroide ni ukubyimba kw’imiyoboro y’amaraso (veines) yo mu kibuno aho imyanda isohokera igafata ku mwenge w’ikibuno mo imbere cyangwa inyuma, maze hakabyimba ku buryo umuntu iyo agiye kwituma ababara cyane

Abantu benshi bakunze kurwara hemorroide ariko bitewe n’aho iyi ndwara ifata bituma benshi batavuga ko bayirwaye kandi burya ngo ushaka gukira indwara arayirata. Umuntu uwo ari we wese ashobora kurwara iyi ndwara haba ku bakiri bato cyangwa se abakuze. Niba usanzwe urwara iyi ndwara rero,ushobora kuyikira mu gihe gito cyane kandi mu buryo bworoshye.

Ese ni iki gitera iyi ndwara?

Iyi ndwara ishobora guterwa n’ibintu bitandukanye birimo: Kuba hari umuntu wo mu muryango wawe uyirwara, Indyo idakungahaye kuri fibres, Gufata ibyo kunywa birimo alcool, Kugugarara cyangwa se gucibwamo, Guhora wicaye umwanya munini, Gutwita cyangwa se kubyara, Umubyibuho ukabije, isuku nke ku mubiri wawe, kwikorera ibintu biremereye, Kutanywa amazi menshi,…

Ibimenyetso byayo ni ibi bikurikira:

Kubabara mu kibuno, kuribwa cyane mu gihe uri kwituma, kuzana akantu kameze nk’akabyimba mu kibuno,…

Hari uburyo bwiza bushobora kugufasha gukira hemoroide burimo gufata glyceline ugasiga ahababara bifasha gutuma horoha ndetse n’uburibwe bukagabanuka.

Gufata byo kurya bikungahaye kuri fibre bizakurinda kugugarara ndetse bigufashe kwituma ibyoroheje bityo bikurinde ububabare.

Gufata amavuta ya coco ukayasiga ahafite ikibazo,ndetse no gufata vinaigre ukavangamo utuzi duke ubundi ukajya usiga ahari ikibazo, ukabikora gatatu ku munsi

Guhindura ubuzima wabagamo: Kugabanya stress, kuruhuka bihagije, kwambara imyenda y’imbere ikoze muri coton, kwirinda kwicara umwanya munini, guhagarika ibintu bifite alcool, kunywa amazi menshi nibura litilo 2 ku munsi ndetse no kwirinda ibiryo byo mu nganda.

Latest articles

Le Rwanda prend les rênes des normes mondiales de l’IA lors de la réunion annuelle de l’ISO à Kigali

Le Rwanda s’apprête à jouer un rôle central dans l’élaboration de l’avenir de la...

Deux personnes sont mortes dans un accident sept autres blessées

Deux personnes ont perdu la vie et sept autres ont été blessées dans un...

Hôpital de Kibogora Introduit la Chirurgie Laparoscopique pour Améliorer les Soins Médicaux

  Dans le cadre de l’amélioration des services médicaux modernes et de la proximité des...

Sahara: La Hongrie considère que le plan d’autonomie marocain “doit être la base pour la solution

La Hongrie a réaffirmé, mercredi, par la voix de son ministre des Affaires étrangères,...

More like this

Le Rwanda prend les rênes des normes mondiales de l’IA lors de la réunion annuelle de l’ISO à Kigali

Le Rwanda s’apprête à jouer un rôle central dans l’élaboration de l’avenir de la...

Deux personnes sont mortes dans un accident sept autres blessées

Deux personnes ont perdu la vie et sept autres ont été blessées dans un...

Hôpital de Kibogora Introduit la Chirurgie Laparoscopique pour Améliorer les Soins Médicaux

  Dans le cadre de l’amélioration des services médicaux modernes et de la proximité des...