Perezida Kagame yavuze ko hari ibiganiro ku kibazo cya Paul Rusesabagina
Perezida Paul Kagame yavuze ko hari inzira y’ibiganiro ku kibazo cya Paul Rusesabagina wahamijwe ibyaha by’iterabwoba, ku buryo ashobora kubabarirwa.
Yabigarutseho mu kiganiro y...